Amabanga ya Rwiyemezamirimo Nyawe

Muri aka gatabo ka mbere, uraza kubonamo ukuri KUTAVUGWA kenshi kwatumye hari ba rwiyemezamirimo bagira umudendezo, ubukire no kunyurwa.


Uko wakubaka itsinda, ugatera imbere

Iyandikishe kugirango ubone kopi yawe k’UBUNTU

Ni kangahe wagerageje gukora ikintu, ntibiguhire namba?

Ese wigeze wisanga mu mibanire y’akazi itari myiza, itanizewe?

Ese ujya wisanga wataye intego y’ubucuruzi bwawe uko bugenda bukura?

  • Ubwoko butanu bw’abantu uhura nabo mu mibanire
  • Impamvu y’ingenzi ukwiye guha umuntu akazi
  • Ibyo wakwifashisha mu guhitamo abantu nyabo mwakorana
  • Impunguro zatuma uva mu myizerere ya kera ituma utagira umudendezo no kunyurwa
  • N’uburyo wagumana abakozi beza, ukirinda abagusezera ubutitsa

Iki gitabo “Amabaganga ya Rwiyemezamirimo Nyawe” kirakwigisha uburyo wakora ubucuruzi butarimo imvururu, uburyo wahitamo imibanire myiza mu bucuruzi no mu buzima. Kizagufasha kongera kuvumbura ishyaka ryawe no kubaka itsinda rikomeye rizashyigikira intego zawe.

UMWANDITSI

Dr. Sénamé Agbossou

Dr. Sénamé Agbossou ni umushakashatsi wabigize umwuga, yahisemo kwita ku isi ya ba rwiyemezamirimo. Nyuma y’igihe kinini aganira na barwiyemezamirimo batandukanye, buri wese ku giti cye, ndetse no gukemura ibibazo bitandukanye hagati ya ba nyir’ubucuruzi n’abakozi babo, byamuhaye ubushishozi budasanzwe mu bijyanye no kwihangira umurimo. 

Yizera ko kumenya uburyo bwo gukora ubucuruzi ari cyo kintu kigoye kwiga kandi ari cyo gituma butera imbere.

Muri iki gitabo “Amabanga ya Rwiyemezamirimo,” umwanditsi aragusobanurira ubucuruzi butarimo imvururu. Urasangamo:



“Kuvumbura ‘Amabanga ya Rwiyemezamirimo Nyawe’ birahindura uburyo ukora akazi kawe ndetse n’ubuzima bwawe bwite.”

Ubuhamya bwa Jane

Ubu wabona igitabo cyawe k’ubuntu

Iyandikishe, urahita uhabwa agatabo ka mbere.

Happy reading!

.